Imbuto zacu ushobora kuzibona aho waba uhereye hose mu Gihugu

TRI-SEEDS CO LTD ni sosiyete nyarwanda icuruza ,igatunganya, ndetse igatubura imbuto z’ibigoli mu Rwanda. Kugeza ubu dufite ubwoko butatu bw’imbuto y’ibigoli harimo RHM 1407, RHM 1409 na RHMH 1601, tugira izo mu misozi migufi n’iciriritse ndetse n’izo mu misozi miremire. Tugira kandi Ibishyimbo byiza ndetse na Soya.

Imbuto zacu zose ziba zizewe kuko zitunganyirizwa mu ruganda rwacu ruherereye i masoro, imbuto zacu zose ziba zumye neza kandi muu gipimo kikwiriye, imbuto z’ibigoli zose ziba zitoranije neza kuburyo ziba zingana, ikindi cyiza cy’imbuto zacu zibasha kwihanganira imihandagurikire y’ikirere yaba imvura nshyinshi cg izuba ryinshi. yerera igihe gito kuko mugihe cy’iminsi mirongo 90 uba wabasha gusarura ibigoli byo kurya.

Abifuza imbuto zacu dukorera mu gihugu cyose, kuko dufite ububiko hafi mu turere twose tw’ i Gihugu. mugihe wifuza imbuto yacu waduhamagara tukagufasha. tuba hafi abahinzi tukabagira inama aho bikenewe. imbuto zacu ziba zifunitse muri envelope z’ibiro bibiri (2) ndetse n’ibiro makumyari na bine (24). imbuto iba ifunze neza kuruyo idashobora kwangirika cg ngo uhure n’ubukonje.

Mugihe mukeneye imbuto zacu cyangwa ubundi bufasha mwaduhamagara kuri izi numero tukabafasha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *